Trump ashobora kuzava ku butegetsi ajya muri Gereza

Umuyobozi wa mbere ukomeye kwisi hashingiwe kukuba ayoboye igihugu gikomeye cyane kw’isi by’umwihariko kubera uburyo Leta zunze ubumwe z’America zigira uruhare mu biba mu bihugu byinshi byo mwisi biratangaje uburyo Donald Trump akomeza gushinjwa ibyaha bitandukanye bijyanye no guhohotera abagore, kuryamana n’indaya n’ibindi.

Abakozi ba FBI babwiwe ko Perezida Donald Trump yaba yarasambanyije umukobwa uri munsi y’imyaka y’ubukure mu myaka isaga 30 ishize, nk’uko inyandiko zashyizwe ahagaragara n’Ubunyamabanga Bushinzwe Ubutabera muri Amerika, zibigaragaza.

Kuri uyu wa Gatandatu ni bwo hasohowe inyandiko ya paje zisaga miliyoni esheshatu, amafoto 180,000 na videwo 2,000 by’inyandiko za Epstein.

ibi byose bikaba ari ibimenyetso bikomeza gushinja Donald Trump ibyaha bitandukanye bigaragaza ko ibyo abasesenguzi bakomeje kuvuga ko Donald Trump iyo ataba President wa USA yashoboraga gufungwa

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *