Micky wamamaye muri filimi nyarwanda yijujutiye ababyeyi bahohotera abana ngo nuko ari ba mukase yemeza ko ari ubunyamaswa ndetse bidakwiye umugore w’umunyarwandakazi n’ubwio byatangiye kera ariko si igikorwa cy’irwanda nagato.
ubundi mubusanzwe byabaye nk’akamenyero ko umwana wa mukeba aba ari ishyari bityo iyo atari umwana wanga mukase usanga ari umugore wanga umwana abereye mukase ninayo mpamvu unyarwanda yarebye kure akavugako iyo umugabo ashatse umugore wakabiri aba aharitse hanyuma abobombi bakitwa amahari ubwinshi bw’ishyari.
ntabwo rero Micky yigeze atangaza neza neza impamvu yatumye atangaza aya magambo ariko yashimangiye ko atishimira ndetse ababazwa no kubona hari ababyeyi bamwe na bamwe bahohotera abana ngo nuko ba babereye ba mukase .
yavuzeko kuriwe ari ubunyamaswa kandi bidakwiye umunyarwandakazi bityo ngo kuriwe umubyeyi bifitiwe gihamyako ahohotera umwana kubw’iyo mpamvu aba akwiye guhanwa cyane mu buryo burenze ubusanzwe ati mbese ibihano birenze ibisanzwe bihabwa umuntu wahohoteye umwana .
uyu mugore rero kubera uko atajya yemerako umuntu yamuvugaho nabi ngo bimugwe amahoro bityo incuro nyinshi ugasanga afite abantu benshi bafitanye ibibazo (amakimbirane ) bituma abantu bamwe na bamwe bamufata nkaho yaba ari umuntu utari mwiza ariko mubusanzwe ugiye kureba ibyo akora neza ukabyinjiramo usanga atari umuntu mubi na gato.
ukaba wanemeza ko isi imufata uko atari kandi ibyo byagira benshi babyemeza.
