Ntawe nasabira imbabazi kugaragaza amabere yange kuko ni ayange.

umukobwa umaze kumenyekana ku mbuga nkoranyambaga kubera kugaragaza umubiri we ibitaravuzweho rumwe na benshi kuberako abenshi babona ko bidakwiye.

uyu mukobwa yitwa pasha ntakihariye azwiho keretse ibidasanzwe aherutse gukora ubwo yari mu kiganiro na the real gasana yambaye umwambaro ugaragaza amabere ariko ariko abantu bakabona ntacyo we bimubwiye keretse ahubwo ababirebaga nibo wabonagako bagize ikimwaro baterwa no kubona umukobwa w’umunyarwandakazi yiyambitse ubusa mu muruhamwe.

kuri ubu uyu mukobwa yongeye gukorana ikiganiro na Irene Murindahabi bigaruka kubiri kuvugwa kuri uyu mukobwa kumbuga nkoranyambaga muri iyi minsi maze uyu mukobwa agaruka kuburyo yatutswe cyane nabakoresha imbugankoranyambaga bakomeza kugaragaza ko yabasebeje kwambara kuriya.

yanavuzeko yatunguwe niko umubyeyi umuba hafi we atamututse nkuko abandi bamututse ahubwo ngo akumva we aramushyigikiye.

uyu mukobwa kandi yabajijwe niba yaba yumva ari kwishinja icyaha ngo asabe imbabazi ariko avugako ntacyaha yishinja ndetse atazigera asaba imbabazi kubera amabereye kuko amabere ye ari aye ntawe bayafatanyije ati”ntawe nasaba imbabazi ku mabere yange kuko ni ayanjye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *