Bruce Mellodie namutabaye abantu bose bamwanze nawe arabizi

Umunyamakuru Irene Murindahabi yavuzeko harigihe yatabaye Bruce Mellodie abantu bose bamwanze banga kumuha ibiganiro nge ndakimuha ntuma yongera kugaruka nawe arabiziko namutabaye cyane.

hari igihe Bruce Mellodie yari mubihe byiza bye by’umuziki afite indirimbo zikunzwe cyane ariko aza gushwana na lebel yamufashaga mu muziki we ariyo super level yabagamo Urban Boyz, Fire Man, Mico The Best n’abandi icyo gihe rero Bruce Mellodie wari uyirimo yari amaze kuyisohokamo.

kuberako The Super Level yari ifite ama connection menshi n’abanyamakuru benshi byatumye bamuzibira babuza abantu bose gucuranga indirimbo ye yari yasohoye ivugango hari igihe umuntu agutesha umutwe.

kuko rero ngewe nari umunyamakuru utazwi nkora kuri Magic Fm kandi maze igihe kinini ntahembwa ntayandi mahitamo nari mfite keretse kumuha interview nyuma yaho ngiye kumva numva abantu bose akaririmbo bari ku kabyina.

ibyo bintu na bruce mellodie ubwe ntashobora kubyibagirwa kuko iyo asohora indirimbo ebyiri zidacurangwa yari guhita azima burundu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *