Bruce Mellodie ari kubica bigacika muri Tanzania

Umuhanzi itahiwacu bruce wamenyekanye nka Bruce Mellodie ari mu ruzinduko rwo kwamamaza indirimbo ye pom pom muri Tanzania nyuma yo kuva muri Kenya.

Bruce Mellodie afashwe neza cyane muri Tanzania aho ibitangazamakuru byose ariwe bihanze amaso bakorana ibiganiro.

uru ruzinduko rwe rwatangiye ku wa 26-1 biteganyijwe ko ruzageza ku wa 31 mutarama 2026 aho Bruce Mellodie azahita yerekeza muri Uganda aho azava yerekeza muri Nigeria naho akazahava yerekeza london murugendo rwo kurushaho kwamamaza iyi ndirimbo pom pom yakoranye na Diamond platinumz na Brown Joel

 

sura vubanews.com

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *