Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi.

Umukinnyi Sadio Mané yongeye kugarurwa ku mbuga ynyuma yo kwanga guhoberana n’umufana w’umukobwa mu mukino wa AFCON, ibintu byateye impaka nyinshi.
Nyuma yaje gusobanura ko nk’Umuyisilamu, nta kibazo afite cyo guhoberana n’abagore muri rusange.
Ariko yavuze ko imyambarire y’uwo mufana itari ihuye n’imyemerere ye, ari yo mpamvu yahisemo kudamuhobera.
Mané yasabye imbabazi niba hari abo byakomerekeje, asaba uwo mukobwa imbabazi by’umwihariko, anibutsa ko urukundo n’icyubahiro bigomba guhora bituyobora.
Nyuma yaje gusobanura ko nk’Umuyisilamu, nta kibazo afite cyo guhoberana n’abagore muri rusange.
Ariko yavuze ko imyambarire y’uwo mufana itari ihuye n’imyemerere ye, ari yo mpamvu yahisemo kudamuhobera.
Mané yasabye imbabazi niba hari abo byakomerekeje, asaba uwo mukobwa imbabazi by’umwihariko, anibutsa ko urukundo n’icyubahiro bigomba guhora bituyobora.
abenshi rero babyakiriye nabi ariko bamaze kumva neza impamvu za Sadio Mane bahisemo bahise bumvako nawe afite impamvu kandi zumvikana zatumwe adahobera uriya mufana we w’umukobwa kuko nawe hashingiwe kumyemerereye byari kuba ari ugutatira uko asanzwe yitwara

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *